Pasiteri Antoine Rutayisire yavuze ko hari abakirisitu bajya bagira ikibazo cy’ihungabana bajya kureba abashumba b’amatorero yabo, bakababwira ko guhungabana ari iby’abantu batazi Imana. Umushumba w’Itorero Anglican muri Paruwasi ya Remera, Pasiteri Antoine Rutayisire, avuga ko hari abapasiteri batazi guhumuriza uwahungabanye kubera icyo yise ubumenyi buke, ahubwo ngo bakababwira ko guhungabana ari iby’abatazi Imana, ufite icyo […]
↧