New Melody ibura iminsi ibarirwa ku ntoki igitaramo gikomeye ,yashyize hanze...
Itsinnda rya New Melody rimaze kwamamara mu mirimbire yaryo y’umwihariko,rirabura iminsi mike rigakora igitaramo gikomeye.Ni igitaramo kizabera kuri Camp Kigali kuri iki cyumweru tariki ya 25...
View ArticleAbaturage barishimira serivisi ya DNA yagejejwe mu Rwanda ku giciro gito cyane
Kuwa Gatandatu tariki ya 24 Ugushyingo 2018 abakozi ba Laboratwari y’u Rwanda ishinzwe gupima ibimenyetso byifashishwa mu Butabera ( Rwanda Forensic Laboratory ) bifatanyije n’abaturage bo mu karere...
View ArticleKaminuza Grace International Bible mu gikorwa cyo gutanga impamyabushobozi...
Kuwa gatandatu 24/11/2018, ku gicamunsi, nibwo Kaminuza Grace International Bible, yatanze impamyabushobozi ku bantu 25 bari barangije amasomo , muri abo hakaba harimo n’umutegarugori.Uwo muhango...
View ArticleIsi iragana he? Ababyeyi barashwanira igitsina cy’umwana wabo!
Abana bahinduriwe ibitsina. Aho ni muri Leta Zunze ubumwe za Amerika, aho ubu umugabo n’umugore barimo gupfa igitsina cy’umwana wabo, umugabo ahamya ko ari umuhungu witwa James, naho umugore agahamya...
View ArticleAlexis Dusabe,Dominic Ashimwe ,Danny Mutabazi na korari Amahoro bazitabira...
Kuri uyu wa gatanu tariki ya 7 Ukuboza 2018 kuri ADEPR REMERA harabera igitaramo cyo kumurika album y’umuhanzi Gakunzi Jonathan witabye Imana mu cyumweru gishize.Ni igitaramo cyateguwe n’urubyiruko rwo...
View ArticlePatient Bizimana,Bosco Nshuti ,True Worshipers n’abavugabutumwa bakomeye...
Guhera tariki ya 19 Ukuboza kugeza tariki ya 23 Ukuboza 2018 ,hazaba igiterane gikomeye kizahuza abahanzi bakomeye barimo Patient Bizimana,Bosco Nshuti,True Worshipers n’abandi batandukanye. Ni...
View ArticleSerena Hotel:Dr Ornella Umubyeyi yateguye igiterane gikomeye cyiswe RESET...
Kuri iki cyumweru tariki ya 16 Ukuboza 2018 kuva saa kumi z’umugoroba,kuri serena Hotel hazabera igiterane gikomeye cyateguwe n’Umukozi w’Imana Dr Ornella .Ni igitaramo kigamije ivugabutumwa rihindura...
View ArticleIbinyoma 7 bivugwa kuri Noheri n’ivuka rya Yesu.
Ibinyoma 7 bivugwa kuri Noheri n’ivuka rya Yesu. Ikinyoma cya 1: Noheri yizihizwa kuri 25 Ukuboza, iri muri Bibiliya. Ukuri: Nta munsi wihariye wizihirizwaho ivuka rya Yesu muri Bibiliya. Cyokora iryo...
View Articlebamuroze kenshi, ntibwagira icyo bumutwara.
Uwo mvuga ni Dogiteri Rebecca Brown,Umunyamerikakazi wiyeguriye kuba umugaragu w’Imana isumba byose,akareka umurimo yakoraga akiyegurira umurimo Imana yamuhamagariye wo kubohora ubwoko bwayo, buri mu...
View ArticleUbuhamya bw’umugore uvuga uburyo yashyingiranywe na satani.
Elaine ni umwe mu baramyi ba Satani waje kubohorwa na Dr Rebecca Brown, umugangakazi Imana yahamagariye kubohora abari mu minyururu ya Satani, bagenda biyongera cyane muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika....
View Article