Ntaho Imana itakura umuntu, ntanaho itamugeza, ubuhamya bwa Nzabanita Jean Bosco Imana yakijije sida buraguhamiriza imbaraga z’Imana.
Nzabanita Jean Bosco wahoze mu isayo y’ibyaha yanduriyemo na Sida, ararwaragurika biturutse kuri ubwo burwayi ariko nyuma aza gukira kuko Imana yari yaramuhaye iryo sezerano akimara kwakira agakiza.
Muri bu buhamya bugizwe n’ibice bitatu bw’umukristo usengera kuri ADEPR ya Remera, avugamo byinshi aho anagaruka ku buzima yabayemo mu gihe cy’iyerekwa, aho Abamalayika bazaga bakamuganiriza bakajya banamutembereza.
Reba Video y’ubuhamya: