Kuri iyi nshuro none ho I Itorero ry’Inkuru Nziza ryateguye igiterane kidasanzwe gifite insanganyamatsiko igira iti:” nzibyo nibwira kubagirira sibibi ahubwo n’ibyiza” iki giterane kizatangira tariki ya 30/09/2016 kugeza ku itariki ya 02/10/2016 kikazanjya gitangira saa (09h00-18h00).
Mu butumwa yatanze abinyujije kurukuta rwa facebook yagize ati: itorero inkuru nziza rinejejwe no ku batumira mu giterane kizaba kuva 30/09-02/10/2016 aho kiza gifite intego iboneka muri Bibiliya, Yeremia 29.11.
Tubibutse ko iki giterane kandi kikazaba kirimo abavugabutumwa batandukanye barimo nka Past. Theoneste, Ev. Nepo, Bishop Kayitare, Ev. Boniface nawe azaba ahari doreko ari umwe mu bayobozi biri torero ry’ Inkuru nziza , amwe mu makorali ateganyijwe ko azitabira iki giterane hari nka Holy Nation Choir na Moriah Choir, hamwe n’amatsinda yo kuramya no guhimbaza(Worshipteams)