Nyuma yaho hatotere ubuyobozi bushya bw’Itorero ADEPR, abakristo batandukanye bagiye bavuga amagambo mbenshi. Bamwe bavuze ko bafitiye ikizere ubu buyobozi, abandi bavuga ko bazabibara babibonye bitewe n’impamvu zinyuranye. Nyuma y’umunsi umwe gusa ubu buyobozi bushyiweho, ku rubuga rw/’Itorero rya ADEPR hagaragayeho ikibazo kigira kiti “Ni ikihe kibazo wifuza kubaza ubuyobozi bushya bw’Itorero?”
Nyuma y’iki kibazo, abakristo b’Itorero ADEPR bahise bashyiraho ibibazo birenga 100 ndets n’ibitekerezo byinshi.
Icyo umuntu yakwibaza ni iki: Ese koko ibi bibazo bizagezwa kuri iyi Komite? Bimaze kugaragara ko abakristo ba ADEPR bakeneye kmarampaka ku bintu byinshi batumva kimwe n’ubuyobozi buherutse gutabwa muri yombi na Polisi y’u Rwanda.
Ni ubwa mbere mu mateka y’iri Torero abakristo bahawe ijambo ryo kwinigura ngo babaze ibibazo abayobozi bikozwe hagamijwe kugaragaza ibitagenda neza. Soma ibi bibazo:
Inkuru ya Peter Ntigurirwa.