Afurika y’Epfo: Batashywe n’ubwoba nyuma yo gutahura itsinda rirya inyama...
Ubwoba bukomeje kuba bwose mu gace ka Shayamoya mu Ntara ya KwaZuluNatal muri Afurika y’Epfo, nyuma yo gutahura umurambo w’umugore waciwe umutwe, nyuma y’ukwezi aburiwe irengero. Zanele Hlatshwayo...
View ArticleKwita Izina: Bamwe mu banyamadini ntibabyumva neza bati: “Ayo Adamu yazihaye...
Mu gihe mu gihugu hose kuri ubu inkuru iri kuvugwaho cyane mu bice bitandukanye ari igikorwa cyo Kwita Izina Ingagi, bamwe mu banyamadini ntibabivugaho rumwe bakumvikana bavuga ko amazina zahawe na...
View ArticleGutungurana: Dr Ngirente Edouard yagizwe minisitiri w’intebe
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yagize Dr. Ngirente Edouard, Minisitiri w’Intebe mushya muri Guverinoma nshya isimbuye icyuye igihe yari iyobowe na Anastase Murekezi. Ibintu byatunguye benshi dore...
View Article” Amadini ni abiri: Irya Yesu n’irya Satani” Pasiteri Ezira Mpyisi
Mu gihe mu Rwanda imibare y’ikigo cy’igihugu cy’imiyoborere myiza igaragaza ko nibura amadini n’amatorero biri mu Rwanda bikora mu buryo bwemewe n’amategeko abarirwa ku 1500, gusa ngo hakaba hari...
View ArticleImana ibishatse nagaruka mu ikipe ya Rayon Sports-Ismaila Diarra
Rutahizamu ufite inkomoko mu gihugu cya Mali, Ismaila Diarra atangaza ko ibiganiro biramutse bigenze neza yagaruka gukina mu Rwanda nyuma y’umwaka umwe ahavuye akerekeza muri Repubulika iharanira...
View ArticleIslam mu Rwanda yiteguye gutangaho igitambo inka 800 n’ihene 2000!
Umuryango w’Abayisilamu mu Rwanda (RMC) ufatanyije n’abafatanyabikorwa bawo watangaje ko uzatanga ibitambo by’inka 800 n’ihene ibihumbi bibiri ku munsi mukuru wa Eid al Adha. Ibi RMC yabitangarije...
View ArticlePerezida Kagame yashyizeho Guverinoma nshya, bamwe batakaza imyanya abandi...
Hafi saa tanu n’iminota 35, Perezida wa Repubulika Paul Kagame atangaje Guverinoma nshya igaragaramo impinduka zikomeye, ni Guverinoma igizwe n’abaminisitiri 20, ‘abanyamabanga ba Leta 11. Mu...
View ArticleAgahomamunwa: Abasore babiri basezeranye imbere y’Imana kubana akaramata...
Abasore babiri baba muri Brooklyn mu mujyi wa New York muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika basezeranye imbere y’imana bereka inshuti n’imiryango ko biteguye kubana akaramata nyuma yo kumara imyaka isaga...
View ArticleRose Muhando ashobora kongera kubeshya abanyarwanda
Umuhanzikazi wo mu gihugu cya Tanzaniya Rose Muhando warutegerejwe mu Rwanda ibye bikomeje kuba amayobera , bitewe nuko Abanyarwanda bitabiriye igiterane yari yatumiwemo cyatangijwe kuva tariki ya 30...
View ArticleNtibisanzwe: Intumwa y’Imana Mudahinyuka Jackson yateguye igiterane...
Intumwa y’Imana Mudahinyuka Jackison arasanisha kurengera ibidukikije n’ijambo ry’Imana riboneka mu byanditswe byera ko Yesu ariwe watangije kubungabunga ibidukikije mbere nkuko abivuga ngo nijye...
View ArticleChorale Elayono yagarutse muri Studio, izanye iki?
Chorale Elayono yo kuri ADEPR ya Remera yagarutse muri Studio aho intumbero yayo ari ukongera gusangiza buri wese ubutumwa bukubiye mu bihangano byayo. Elayono yatangiye gukora indirimbo zizaba zigize...
View ArticleAnimateri arashinjwa gushora abanyeshuri mu butinganyi
Umuyobozi ushinzwe imyitwaririre y’abanyeshuri (Animateri) mu rwunge rw’amashuri rwaragije mutagatifu Francois d’Assise rwa Kansi muri Gisagara arashinjwa gushora abana b’abahungu mu butinganyi. Abanze...
View ArticleUsomye ibitabo by’umwanditsi w’Umunyamerikakazi Rebecca Brown, wasanga ibyo...
Mu mpera z’icyumweru gishize, umunyamakuru Jerry (sinzi niba ari uko izina ryandikwa, ataribyo yambabarira)wo kuri Radio Flash, mu masaha yo mu gitondo, yakoze ikiganiro cyari kigamije kwigisha abantu...
View ArticleWari uzi ko Rugamba Sipiriyani atigeze aririmba mu ndirimbo ze?
Umuhanzi Rugamba Sipiriyani ni umwe mu bahanzi bo mu Rwanda batazibagirana kubera inganzo ye idasobanya igeza ubutumwa bwiza ku Banyarwanda, burimo gukunda Imana n’abantu. Rugamba Sipiriyani ni umwe mu...
View ArticleIbya Dove Hotel byasubiwemo: “Abinjijwemo kubera icyenewabo bagiye kwerekwa...
Nyuma yuko isange.com yandikiye ibaruwa ifunguye Umuyobozi mushya wa ADEPR Rev. Karuranga imugezaho impungenge z’uko muri Dove Hotel haba harimo abakozi badashoboye biturutse ku mpamvu z’uko binjijwe...
View ArticleRene Patrick agiye gukora igitaramo gikomeye yise “A Love Journey”
Rene Patrick n’umwe mu baririmbyi bakomeye mu ndirimbo zihimbaza Imana kubera ubuhanga azwiho, ubu akaba agiye gukora igitaramo gikomeye yise: “A Love Journey” mu mpera z’iki cyumweru ku italiki ya 3...
View ArticleKubwa Pasteri Musisi ngo “Ibyo Mwalimu John Mugabo yigisha ni ibyo mu kitwa...
Ku bwa Pasteri Musisi wo muri Holy Living Church, ngo Ibyo ”Mwalimu” John Mugabo yigisha mu kiganiro “Ubwiru kirimbuzi” ni ibyo muri New Age . Ngo natihana azabona ishyano. Mu mpera y’icyumweru...
View ArticleHari amakuru avuga ko “gufungura ijisho rya gatatu” nka bimwe bivugwa kuri...
Hari amakuru avuga ko hari abantu bagiye barwara mu mutwe, abandi bagasara bitewe no gufungura ijisho rya gatatu, bimwe Jerry Mugwiza ajya avuga kuri Radio Flash. Mu gitondo cy’uyu wa Gatandatu,...
View ArticleJerry Mugwiza ukora kuri Flash nave kw’izima yemere ko uburyo avuga bwo...
Jerry Mugwiza wo kuri Flash ave ku izima yemere ko hari ingaruka mbi ziva ku gukora Meditation. Mu kiganiro Jerry Mugwiza yayoboye kuri Radio Flash, muri iki gitondo cyo kuwa 02/09/2017, umunyamakuru...
View ArticleYesu John Mugabo yigishaho si umwe wo muri Bibiliya, uvugwa muri Bibiliya...
Bacchus cyangwa Diyoniziyo uri hagati mu mwandiko zari imana zisengwa n/Abaroma. Yesu John Mugabo yigishaho si umwe wo muri Bibiliya. Uvugwa muri Bibiliya yabayeho mbere ya Diyoniziyo. Mwalimu (nkuko...
View Article