Uwari yarihinduye umukobwa, mu gihe yashyingurwaga yasubijwe ibihuje...
Jennifer Gable, umukobwa w’imyaka 32 wahoze ari umuhungu azwi ku izina rya, Geoffrey Charles Gable, akaba yari yarahinduye izina muri 2007, ashaka kwibera no kwitwa umukobwa. Mu ishyingurwa rye,...
View ArticleRubavu: Korali Alliance ivuga ko Urugendo rwabo rwaranzwe n’ ibibazo...
Ni mu myaka 18 korali Alliance imaze ikora umurimo w’ivugabutumwa aho bavuga ko bitari byoroshye ko nabo bagera kugikorwa kindashyikirwa cyo gushyira ahagaragara umuzingo wabo w’indirimbo z’ amashusho...
View ArticleKigali: Abakobwa b’abatinganyi bitegura kubana, bambikanye impeta banatangaza...
Ibijyanye no gushakana cyangwa gukora imibonano mpuzabitsina hagati y’abahuje igitsina ari byo benshi bita ubutinganyi, byemewe mu bihugu byinshi ku isi ariko muri Afurika hari ibibishyigikira...
View ArticleImpuguke zabeshyuje abavuga ko umwuzure wo kubwa Nowa utabayeho.
Ibivugwa n’impuguke biranyomoza ibivugwa na Mugabo kuri Hot Radio. Nyuma yo kubona hakomeje kubaho ibiganiro ku maradiyo bihakana ibintu bimwe na bimwe Bibiliya ifata nk’ukuri, navuga nk’ikiganiro...
View ArticleNyuma yuko umwe yeretswe imana Buda mu muriro, Abayoboke be 62 n’Abanyatibe...
Uwihaye Imana wo kwa Buda wari umaze iminsi 3 apfuye yaguye mu kantu abonye Buda mu muriro, ahita ahinduka aba umuKristo. Ikintu cy’igitangaza cyabereye mu karere ka Tibet, aho ni mu gihugu...
View ArticleBahisemo gutangiza ishyirahamwe rirengera Abakristo bazizwa ko bavuye mu...
Pr Rahouma Mohamed afatanyije na Avoka Najla El Imam, umukobwa wajyaga yamagana cyane ubukristo, ubu akaba yaramaze guha ubuzima bwe Kristo, barategura gushyiraho ikigo kigamije kurengera...
View ArticleUmunyamakuru Mike Karangwa yibasiwe bikomeye n’abatinganyi nyuma yo gutanga...
Nyuma y’aho kuwa 12/03/2017 bigaragaye ko hari ibitangazamakuru binyuranye ndetse n’imbugankoranyamaba zagiye zihererekanya amakuru y’abakobwa babiri baba muri Kigali bari batangaje ko bagiye gutegura...
View ArticleSoma ibyo Umunyabuntu usengera muri ADEPR yatangaje, n’amabanga bakoresha...
Ijambo “ABANYABUNTU” rimaze kumenyekana cyane. Iyo havuzwe abanyabuntu, biba bishatse kuvuga abantu bahamya ko kuba ngo Yesu yaraje mu isi akadupfira ku musaraba kubera ibyaha byacu, ibyo biba bihagije...
View ArticleAbarokore basengera mu butayu bw’i Kadeshi ngo bibanira n’ingwe!
Kadeshi ni izina ryiswe ishyamba riherereye munsi y’aho impunzi z’Abanyekongo ziganditse, i Gihembe muri Gicumbi, bikaba bivugwa ko aba baba aribo batangiye bwa mbere kuhahindura ahantu ho gusengera....
View ArticleMenya byinshi ku ndwara ya Tricomnase n’uburyo ushobora kuyirinda.
Indwara ya Tricomnase ifata ibitsina byombi abagabo n’abagore ariko igakunda kwibasira cyane cyane abagore, ari nabo igiraho ingaruka nyinshi. Tricomnase iterwa n’iki? Tricomnase iterwa n’agakoko...
View ArticleRRA VC mu bagore yihereranye Ruhango na St Joseph izitsinda itababariye.
Imikino ya Shampiyona muri Volley Ball mu bagore yakomeje muri weekend irangiye. Ikipe ya RRA VC, kuwa Gatandatu 11 Werurwe 2017 yari yagiye mu Majyepfo, mu Karere ka Ruhango, aho yakinnye imikino 2...
View ArticleAbakurambere b’Itorero bavuga iki kubutane bw’abashakanye(Divorce)?
Mu nkuru yacu iheruka, twari twabasezeranije ko tuzabagezaho uko abakurikiye Intumwa mu gutangiza Itorero aribo twakwita Abakurambere b’Itorero bavuga ku ubutane bw’abashakanye. Ese bigeze...
View ArticleUmuhanzi Dominic Nic anengwa bikomeye kwiyita andi mazina ku...
Bisanzwe bimenyerewe kenshi ko bamwe mu bahanzi bakomeye bajya bagira umuco mubi wo kwimenyekanisha binyuze mu kubeshya abakunzi babo. Gusa, ibi usanga bikunze gukorwa n’abahanzi bakora indirimbo...
View ArticleInyeshyamba zafashe bugwate abakozi 8 ba Pasiteri Franklin Graham.
Kuri uyu wa mbere 13/03/2017 nibwo umuvugizi w’igisirikari cya Sudani y’Epfo Brigadier General Lul Ruai Koang yatangarije Reuters ko inyeshyamba zafashe bugwate abakozi b’umuryango Samaritan’s Purse...
View ArticlePapa Francis yabeshyuje amakuru avugwa ko Imana yamusabye kuvugurura...
Nk’uko bitangazwa n’ikinyamakuru Christiantoday.com, Umuyobozi wa Kiliziya Gatulika Papa Francis avuga ko yatangajwe n’amakuru yacicikanye mu bitangazamakuru kuwa 6 Kamena 2015 ubwo yiteguraga urugendo...
View ArticlePastor Gaby na mushiki we bagarutse mu gitaramo bise ChristoCentric Worship
ChristoCentric Worship ni umugoroba wo kuramya utegurwa rimwe mu mwaka ugategurwa na ChristoCentric Worship. Kuri iyi nshuro iki gikorwa kizaba ku cyumweru, tariki 14 Gicurasi 2017.Ni igitaramo kiba...
View ArticleKigali: Umuyobozi wa Anglikani Archbishop Rwaje Onesphore arasaba...
Kimwe mu bintu bitarimo kuvugwaho n’abantu benshi mu Rwanda, ni ikijyanye n’abakobwa babiri b’abatinganyi, Ndayisaba Ferrand na mugenzi we Umuhoza Mucyo Rebecca, babana mu nzu kandi bateganya no...
View ArticleUR-Busogo: Korali Yakini ibararikiye kwifatanya nayo mu kumurika album...
Korali Yakini ikorera umurimo w’Imana muri Kaminuza y’u Rwanda ishami rya Busogo, ahahoze hazwi nka ISAI Busogo, iritegura gushyira ahagaragara umuzingo w’amajwi bise «Akira Ishimwe ». Ni mu muhango...
View ArticleRusizi: Hongeye kugaragara impano nshya mu ivugabutumwa ryifashisha indirimbo.
Uko iminsi igenda isimburana iteka; benshi bakemeza ko turushaho gusatira ibihe bya nyuma aribyo benshi bazi nk’iminsi y’imperuka, ni nako benshi bagenda barushaho kuva mubyaha bakakira agakiza...
View ArticleAbaretse icyaha cyo Kwikinisha baratanga ubuhamya budasanzwe.
Nifuje gusangiza abakunzi b’ikinyamakuru ubuhamya bw’abantu batatu, abakobwa babiri n’umusore umwe bashoboye guca imigozi yari ibashyize mu bubata bwo kwikinisha. Reka ndekere izi nkumi n’abasore...
View Article