Hahirwa abafite umutima uboneye, kuko bazabona Imana.—Mat 5:8
Twabona dute ukuboko kwa Yehova? Reka turebe ingero zimwe na zimwe. Ushobora kuba wumva ko Imana yagufashije kumenya ukuri. Wenda hari igihe wagiye mu materaniro, hagatangwa ikiganiro, maze ukavuga uti...
View ArticleKunshuro ya kabiri I Kigali hagiye kubera igiterane cy’ abagabo kizitabirwa...
Mugihe hari hamenyerewe ibiterane bitandukanye birimo ibyabubatse, urubyiruko, abadamu, ndetse n’ibindi bitandukanye; aha niho bamwe mu bagize itsinda ry’abagabo babarizwa mu itorero rya ADEPR Rukiri...
View ArticleGutanga inka n’izingiro ry’urukundo mu banyarwanda
Umwihariko w’Abanyarwanda ni uko bahuriye ku ipfundo ribahuza aho mbere uwabaga yakunze undi yamugabiraga inka, naho uwagabiwe na we yibukaga gushima, hanyuma inka yataha hagakorwa ibirori bikomeye,...
View ArticleADEPR Bibare: Hagiye kuba igiterane cy’ububyutse kidasanzwe kizahuruza...
ADEPR Bibare ni imwe mu maparuwasi yamenyekanye cyane mu bikorwa bifite aho bihuriye no guhuriza abantu hamwe basenga. Ibi byabaye amateka adasanzwe kuva mu 1997 aho imbaga y’abantu yavaga imihanda...
View ArticleKigali: Umupasiteri yambitse abakobwa 80 udutimba dukoze muri Supaneti,...
Uwo nta wundi ni Pastor Uciyimihigo Xavier uyobora Itorero Umurage w’Abera rikorera ku Kinamba werekeza ku Gisozi. Uyu, mu mpera z’umwaka ushize wa 2016 nibwo yafashe ibice bya Supaneti maze abikoramo...
View ArticleUmugore wahanuye itorwa rya Trump n’irya Obama bitari byitezwe, ubu yavuze ko...
Nibyo hagiye kubaho inyeganyezwa rikomeye, ariko Imana ntituburira ibi kugira ngo dutinye, ahubwo ibitumenyesha kugira ngo tudatinya. Imana irabigenzura byose kandi dufitiye umugambi. Michael Snyder,...
View ArticleJacob MCKelvy wabaye Pasteri w’idini ya Rusuferi imyaka 20, yahindukiriye...
Nkuko Jacob abyivugira, ngo gufata inzira yo gukorera Satani yabitewe no kwiheba no kutiyumvamo umumaro na muke, nyuma y’aho inzoka yarumaga gashiki ke gato kagapfa.Ubundi Jacob uyu yari yaravukiye mu...
View ArticleGufungura “Ijisho rya gatatu” no gukoresha “Yoga” mu isi y’imyuka, ni gute...
Mugwiza umunyamakuru wa Flash Radio, yerure avuge niba “gufungura ijisho rya gatatu,” ari byiza cyangwa ari bibi. Ni kuwa gatandatu , kuwa 11 Werurwe, 2017, ubwo numvaga kuri Radio Flash, mu gitondo,...
View ArticleYesu yiyeretse umukuru w’abacunga gereza bituma afunguza Abapasteri bari...
Mark Ellis, Charisma news, 15th,March 2017 Mu Burasirazuba bwo Hagati, Abapasteri bigishaga Ijambo ry’Imana abizera bashya, muri rumwe mu nsengero zo mu bwihisho, baherutse gufatwa na Polisi, bajyanwa...
View ArticleMenya byinshi ku gace k’amayobera Area 51 kaba mu kigo cy’ingabo...
Isi dutuye ihishe byinshi ndetse ibihugu bigiye bifite ubwiru bwihariye bitewe n’inyungu zabyo bwite ariko se agace ka Zone 51 kavugwaho kuba ariko gakorerwamo intwaro kirimbuzi ku bufatanye...
View ArticleNi kuki Umushumba uzimikisha amavuta Pasiteri MUREKETETE Olive yagizwe ibanga...
Pasiteri MUREKATETE Olive ni umwe mu bashumba b’abagore bafite imbaraga muri iki gihe. Ayoboye urusengero rwitwa Shiloh Prayer Mountain, akaba afite abayoboke batari bake, rikaba riherereye i Nyabugogo...
View ArticlePerezida Kagame arakirwa na Papa Francis i Vatican kuri uyu wa mbere.
Perezida Kagame ategerejwe i Vatican kuri uyu wa Mbere tariki ya 20 Werurwe aho aza kwakirwa na Papa Francis, Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi. Radio Vatican yatangaje aya makuru, yavuze ko uku...
View ArticleIgurire ikibanza cya make kirimo n’inzu ebyiri kiri hafi y’umuhanda wa...
Iki kibanza giherereye mu mujyi wa Kigali, akarere ka Gasabo, umurenge wa Masaka akagari ka Cyimo mu mudugudu wa Bwiza. Ku gishushanyombonera cy’Umujyi wa Kigali kiri muri R1 (Hemerewe guturwa...
View ArticleUmuryango wa Kigenza Jean Baptiste washyikirije inka Korali Goshen ku mugaragaro
Uyu muhango witabiriwe n’ itsinda “Vuga Yesu Family” akaba ari naryo ryahagurukanye na Kigenza I Kigali berekeza mu Karere ka Musanze kuri ADEPR Muhoza, aho basanze abantu ari urujya nuruza baza...
View ArticlePapa Francis yakiriye Perezida Kagame i Vatican. AMAFOTO
Perezida Paul Kagame yageze i Roma mu gihugu cy’u Butaliyani ku mugoroba wo kuri iki Cyumweru tariki 19 Werurwe 2017, akaba yabonanye n’umushumba wa Kiliziya Gatolika ku isi yose, Papa Francis, ari...
View ArticleAmakosa 10 yakomye mu nkokora igikorwa cyo kwicomokora ku idini bituma...
Hashize imyaka ibiri habayeho inkundura yiswe “Ukwicomokora ku Idini” ikaba yari yatangijwe na Bishop Rwandamura Charles uyobora Itorero rya UCC Niboye. Yari yahuruje amatorero y’ububyutse agera kuri...
View ArticleByibuze 1/100 by’abafite aho bahuriye n’ubutinganyi baza gusenga buri...
Muri iyi minsi, bimaze kugaragara ko abatinganyi bamaze kwiyereka abanyarwanda. Havuzwe byinshi, ariko habura urwego na rumwe rwa Leta rugira icyo rutangaza kuri iki kibazo. Ku mbuga za internet ndetse...
View ArticleVolley Ball mu bagore: RRA VC yahigitse IPRC Kigali.
Kuri iki Cyumweru tariki ya 19 Werurwe 2017 ikipe y’abakobwa ya Rwanda Revenue Authrority yihereranye IPRC Kigali iyitsinda itayibabariye set 3-0 (25-14; 25-17; 25-14). Uyu mukino wakiniwe kuri Petit...
View ArticleKorali Louange ya ADEPR Gatsata irakurarikira kwifatanya nayo mu giterane...
Korali Louange ya ADEPR Gatsata kuri iki cyumweru tariki ya 26/3/2017, itewe iteka mu gitaramo “Gira neza live concert”, kigamije gushima Imana no gukusanya inkunga igamije gukomeza gufasha imbabare...
View ArticleKorali Yakini-CEP UR-CVM, yongeye kwigarurira imitima ya benshi mu birori...
Korali Yakini-CEP UR-CVM, yongeye kwigarurira imitima ya benshi mu birori byahuruje imbaga. Ni mu muhango w’imboneka rimwe wo gushyira ahagaragara umuzingo wabo w’amajwi bise “Akira ishimwe”, wabaye...
View Article