Ntimuza cikwe n’amateraniro adasanzwe yo kuri iki Cyumweru kuri Zion Temple Gatenga hamwe n’Umushumba Mukuru, Intumwa Dr Paul Gitwaza,
Nyuma y’igihe kitari gito umuyobozi mukuru w’ itorero Zion Temple atari mu Rwanda, akaba yaraherereye muri Leta zunze ubumwe zamerica, ngo kuri ubu yagarutse mu Rwanda, aho biteganyijwe ko kuri iki cyumweru azaba ari mu itorero Zion Temple aho akazaba ari kumwe na bamwe mubakristo biri torero ndetse n’abandi bakristo muri rusange, muri gahunda yise,” Igitondo cy’ Umuzuko”.
Nyumayigihe kirekire gitwaza atari mu Rwanda abantu bagiye batabivugaho rumwe, ariko bikaba biteganyijwe ko kuri iki cyumweru aribuze kugaragara mu itorero Zion temple abereye umuyobozi mukuru.
Nd. Bienvenu.
The post Waba uri umwe mubari bategereje Intumwa Paul Gitwaza?. appeared first on .::Urubuga rwa mbere rwa Gikiristo ::..