USA:Umunyarwanda Adrien Misigaro yatunguwe no guhamagarwa muri “African...
Misigaro Adrien yishimiye cyane kugaragara kurutonde rw’ abahanzi bakomeye bazitabira” African Gospel Musical Concert 2016 ” .yagiye atangaza ko ashima Imana cyane kuba yaraje kuri uru rutonde...
View ArticleRuvabu:Imiryago yavuye Tanzania na Gishwati yagenewe inkunga ya Miliyoni...
Abagore bo mu itorero ZION TEMPLE ryo mu Karere ka Rubavu barashimirwa ivugabutumwa riherekejwe n’ibikorwa bakomeje kugaragariza abatishoboye. Ni nyuma y’igikorwa aba bagore bakoze cyo kuremera...
View ArticleWaba uri umwe mubari bategereje Intumwa Paul Gitwaza?.
Ntimuza cikwe n’amateraniro adasanzwe yo kuri iki Cyumweru kuri Zion Temple Gatenga hamwe n’Umushumba Mukuru, Intumwa Dr Paul Gitwaza, Nyuma y’igihe kitari gito umuyobozi mukuru w’ itorero Zion Temple...
View ArticleIsrael Mbonyi agiye gutaramira mu Bubiligi
Umuhanzi w’indirimbo zihimbaza Imana (Gospel), Israel Mbonyicyambu, uzwi nka Israel Mbonyi aravuga ko kuwa 28 Gicurasi 2016, azaririmbira Imana i Buruseri mu Bubiligi aho azifatanya n’Abanyarwanda...
View ArticleAmadini n’amatorero yasabwe kuba ku isonga mu kurandura ingengabitekerezo ya...
Guverineri w’Intara y’Amajyepfo,Alphonse Munyantwali yasabye abanyamadini n’amatorero kuba ku isonga mu kurandura ingengabitekerezo ya Jenoside mu bayoboke babo, binyuze munyigisho babaha. Ibi...
View ArticleNta gahunda zishyigikira Abatinganyi U Rwanda ruzigera rushyiraho – Min Uwacu
Minisitiri w’umuco na siporo Uwacu Julienne yemeje ko n’ubwo abaryamana bahuje ibitsina (Abatinganyi) bafite uburenganzira nk’abantu kandi bukwiye kubahwa, mu Rwanda ngo ntibazigera bashyirirwaho...
View Article“Intumwa y’Amerika si Imana si n’Umurundi, Ubukoroni bwararangiye mu...
Umuyobozi ushinzwe itangazamakuru mu biro by’umukuru w’igihugu mu Burundi Willy Nyamitwe yavuze ko amagambo yavuzwe n’intumwa yihariye ya Leta Zunze Ubumwe z’Amerika mu karere k’ibiyaga bigari (Thomas...
View ArticlePastor Prince wabatije Anita Pendo agiye kwimikwa na Apotre Rwandamura ku...
Pastor Ruzindana Prince uyobora itorero Jesus is coming, akaba ariwe wabatije mu mazi menshi umunyamakuru Anita Pendo nawe ubarizwa muri iryo torero, kuri ubu agiye gusengerwa,asukweho amavuta na...
View ArticleIkipe ya Rwanda Revenue Volley Ball y’abagore yatsinze iya Algeria amaseti 3...
Nyuma yaho ikipe y’abagore ya Rwanda Revenue Authority iboneye itike yo kujya guhagararira u Rwanda mu mikino nyafurika irimo kubera i Tunisi muri Tuniziya ihuza amakipe y’abagore yabaye aya mbere i...
View ArticleUwahimbye indirimbo “Ni iki watanze” yibukanywe na bagenzi be baririmbanaga...
Ku nshuro ya kane, Korali Abagenzi ibarizwa mu Itorero ry’Abadivantisti b’Umunsi wa 7 ku Muhima, yibutse abaririmbyi bayo 5 bishwe mu gihe cya Jenoside yakorewe abatutsi muri Mata 1994. Nk’uko...
View ArticleIbitaro bya Gisirikare i Kanombe biciye agahigo ko gutangiza ivugurura...
Ibitaro bya gisirikare i Kanombe bibanjirije ibindi mu gikorwa cyo gupima amaraso mu buryo buvuguruye mw’ikoranabuhanga. Nkuko natangiye mbivuga, Ibitaro bya gisirikare i Kanombe, nyuma y’ibikorwa...
View ArticleBurundi: Umupadiri n’abaririmbyi barenga 16 baguye mu mpanuka
Mu ntara ya Rutana Komini Rusongati mu Burundi habereye impanuka ihitana ubuzima bw’Umupadiri umwe, abaririmbyi barenga 16 n’umubikira umwe bo muri paruwasi ya Kiguhu. Iyo mpanuka yabaye kuri iki...
View ArticleBishop Anastase Hagenimana wari uhagarariye itorero EPMR ,diocese ya Kigali...
Anastase wari ukuriye itorero EPEMR mu mujyi wa Kigali,kuri iki cyumweru tariki ya 24 Mata uyu mwaka,yemeye kuva muri iri torero maze agaruka mu itorero yahozemo rya ADEPR.Uyu mugabo wari ufite icyo...
View ArticleIkipe ya RRA VC yatsinzwe na Carthage yo muri Tuniziya.
Mu mikino nyafurika ya Volley ball mu bagore, Ikipe ya RRA VC iri mu itsinda A yatakaje umukino wa mbere ubwo yahuraga na Carthage yo muri Tuniziya igatsindwa seti 3-0. Uyu mukino wo ku munsi wa 3...
View ArticleCameroun: Umupasiteri yateye inda abakobwa 10 ababwira ko yabibwiwe na Roho...
Umu pasteur ukiri muto uyoboye itorero ryitwa réveil ryo mu gihugu cya cameroun mu mujyi wa I douala yateye inda abakobwa 10 mu bayoboke biwe yitwajeko yabibwiwe na Roho mutagatifu. Ibi bibaye...
View ArticleAbiyita “Intwarane za Yezu na Mariya” batawe muri yombi
Abiyita “Intwarane za Yezu na Maria” batawe muri yombi mum mpere z’iki cyumweru gishize basengaga nijoro mu buryo bunyuranyije n’amategeko. Bari bantu 23 bo mu Kagari ka Gahinga mu Murenge wa Mururu...
View ArticleIrina Bokova, ngo yaba agiye kuzasimbura Ban Ki-moon.
Irina Georgieva Bokova ukomoka muri Bulgarie niwe uri guhabwa amahirwe Yo ku zasimbura Ban Ki-moon, doreko kandi Irina Bokova asanzwe ayobora agashami k’umuryango w’ababibumbye kita ku burezi n’umuco...
View ArticleAbana bakeneye kuganirizwa n’ababyeyi babo ku buzima bw’imyororokere.
Imyaka yo kubibabwira umwana, watangira kubimuganiriza afite imyaka 8 cyangwa 9. Iyo utinze umwana akagera mu myaka irenga icumi ntago aba acyikumvira neza. uko wabitangira wowe unjye ureba igihe...
View ArticleKigali: Niki kihishe inyuma yigaruka ry’ uwahoze ari Bishop wa EPEMR muri ADEPR.
Anastase Hagenimana mbere yuko ajya muri EPEMR yahoze mu itorero rya ADEPR aho yari umuntu usanzwe udafite inshingano mu Itorero ariko akaba yarakundaga gukora imirimo yo gusenga n’ivugabutumwa mu...
View ArticleNtanarimwe nzemera abahakana Imbaraga z’ Imana.
Prophet Claude Ndahimana uyobora itorero Soul Healing Revival church rifite icyicaro Kacyiru mu mujyi wa Kigali, yavuze ko Yesu Kristo yavutse mu bitangaza, apfa mu bitangaza ndetse ajya mu ijuru mu...
View Article