Ese umuntu wakijijwe, cyangwa se umukristo ashobora kugera aho atakaza agakiza?
Ikibazo cy’ingorabahizi! Musomyi, nshuti yanjye. Mu gutanga iki kibazo kimaze iminsi gikurura impaka (souleve la polemique)mu muryango w’abakristo no mw’itangazamakuru, ikibazo nawe ubwawe utarafatira...
View ArticleMenya amateka yaranze icumu ryatewe mu rubavu rwa Yesu, n’uburyo...
Nk’uko byanditswe mu Ivanjiri ya Yohani 19:34, ubwo Yezu yari ku musaraba umwe mu basirikare yamutikuye icumu mu rubavu havamo *amazi avaze n’amaraso.* Ibi byabaye kugira ngo ibyahanuwe n’umuhanuzi...
View ArticleUmwaka ugiye kurangira hashyizweho ihuriro ry’abahanzi ba Gospel. Nta gikorwa...
Hashize amezi 10 hatowe Komite iyoboye ihuriro ry’abahanzi baririmba indirimbo zihimbaza Imana ryiswe “Rwanda Gospel Union” mu gihe hatorwaga iyi komite, havuzwe amagambo menshi kuko uwari watorewe...
View ArticleKuba Papa asabye imbabazi, ntibikuyeho ikinegu ku Buyobozi bwa Kiliziya...
Mu kanya kuri Radio Umucyo, none kuwa 21 Werurwe, nibwo havuzwe ko Abepiskopi ba Kiliziya Gatorika mu Rwanda bishimiye ko Papa yasabye imbabazi Abanyarwanda kubera ibyabakorewe mu ri Jenoside...
View ArticleNyuma yuko abaganga bamubariraga amasaha 8 akaba apfuye, yaje kuba muzima...
Imana yamukuye murupfu mu gihe abaganga bamuhaga amasaha 8 yo kubaho. Iyi ni inkuru tubabwira by’igitangaza Imana yakoreye uyu mukobwa uri kuri iyi photo, ubwo Imana yamukuraga murupfu amaze kugwirwa...
View ArticleIbaruwa ifunguye igenewe “ABAKINNYI, ABATOZA N’ABAFANA” b’umupira w’amaguru...
Iyi baruwa nyandikiye abakinnyi, abatoza, ariko cyane cyane abafana b’umupira w’amaguru mu Rwanda, ngamije kugaragaza uko no mu bindi byose Abanyarwanda tugenda twerekana itandukaniro ku bindi bihugu...
View ArticlePatient BIZIMANA: Umuhanzi mwiza ushobora kuririmbira abanyarwanda baba muri...
Muri iki gihe, imitima ya benshi ikeneye kwegera Imana. Kimwe mu bintu bifasha imitima, ni indirimbo zahimbiwe Imana. Mu ndirimbo, umuntu abasha kuganira n’imvamutima ze cyangwa se ibyiyumviro,...
View ArticleVa mu bwoba bwo gutakaza agakiza kawe, kuko utwaye ubwato urimo ari uwo...
Abantu benshi babayeho mu buzima bwa Gikristo buzuye ubwoba bw’uko batakaza agakiza kabo, ibyo bituma ari gake banezererwa ako gakiza, ibyo bihabanye n’amahoro Yesu yadusigiye Ijambo rye rikanatubwira...
View ArticleImva ya Yesu Kristo yari imaze umwaka isanwa yuzuye itwaye akayabo ka...
Mu gihe kingana n’amezi 12 yari imaze isanwa n’abahanga, imva ya Yesu Kristo yongeye kuba nyabagendwa. Iyi mva ngo yari imaze kwangirika bigaragara kubera amazi y’imvura, ubukonje n’umukungugu...
View ArticleHari umugore ukorera igitangazamakuru cya gikristo ubangamiye “Koma yombi”...
Iyi ni inkuru twahawe n’umwe mu bo uyu mugore ukora mu gitangazamakuru cya gikristo, gifite Radio na Televiziyo; yakiriye nabi, ngo akahava yumiwe. Ikibazo Igihugu gifite, gituruka ku buremere...
View Article“Kwinjira ahacu muri Kristo”, Igiterane cyateguwe na True Salvation...
True Salvation Church Igarukanye igiterane cy’imbaraga kigamije guhindura ubuzima bwawe , gifite insanganya matsiko igira iti, “Kwinjira ahacu muri Kristo (Taking our position in Christ)”. Iki giterane...
View ArticleEse uburyo memoire ikorwamo ntibwavugururwa? Ni indakorwaho?
Tubyibazeho. Ese memoire ni indakorwaho, nta buryo yavugururwa? Ese memoire iba yanditswe na nde , umunyeshuri cyangwa Diregiteri wayo? Memoire, igitabo umunyeshuri urangije Kaminuza yandika , kikaba...
View ArticleNew Life Bible church yateguye igiterane cyizitabirwa n’abavugabutumwa...
Itorero New life bible Church ryateguye igiterane cy’amasengesho kigiye kuba ku nshuro ya kabiri , kikaba gifite mu ntego yacyo gusa Imana ko yahembura Afrika. Iki giterane kije mu gihe Afrika...
View ArticleAbagabo bihinduye abagore bakomeje kwegukana imidari mu marushanwa yagenewe...
Uyu ni Laurel Hubbard wahoze ari Gavin Hubbard, atarihindura umugore. Aherutse kwegukana umudari mu guterura ibiremereye. Ibi ntibizoroha. Ibibazo bikururwa no guhindura ibitsina, bikomeje guha akazi...
View ArticleBashimuswe n;ibiremwa biturutse ku zindi si.
Bashimuswe n’abantu bakomoka ku zindi si. Hasturs, 21/03/2017 Mu ntangiriro z’iki cyumweru abahanga bongeye gukora iperereza ku bagabo babiri bivugwa ko bashimuswe n’abaturage batuye ku zindi si (extra...
View Article“Yesu kristo niwe nzira n’ukuri n’ubugingo” Intego y’igiterane cyateguwe na...
Itorero Christian Life Evangelical Church (CLEC) rirategura igiterane cy’iminsi ibiri, kuva tariki ya 25 Werurwe kugeza kuwa 26 Werurwe 2017. Iki giterane kizabera ahazwi nko mu Gashyekero, kizitabirwa...
View ArticleItorero mu guhangana n’ibibazo bituruka ku gushyingirwa. Ni iyihe nyifato...
Mu nkuru yacu iheruka, twari twabararikiye ko tuzabagezaho uruhare rw’ Itorero mu guhangana n’ibibazo bituruka ku gushyirwanwa. Ni iyihe nyifato ikwiye ab’ubu? Aka kanya rero akaba aribyo tugiye...
View ArticlePakistani igiye guhana yihanukiriye Facebook na Twitter kuko byatanze...
Kuva mu mpera z’icyumweru gishize, igihugu cya Pakistani nibwo cyari cyatanze gasopo ku masosiyeti abiri afite imbugankoranyambaga za Facebook na Twitter, kizisaba ko zakwihutira kuvana vuba na bwangu...
View ArticleU Rwanda rwatangije politiki nshya yo gukwirakwiza amazi no kwita ku isuku...
Ministeri y’ibikorwa remezi ifatanije n’abafatanyabikorwa bayo kuwa 22/3/2017 yatangije uburyo bushya bwo gukwirakwiza amaze ndetse no kwita ku isuku n’isukura. Ibi byabereye kuri Hotel Lemigo ku munsi...
View ArticleADEPR Bibare: Igiterane kidasanzwe kizahuriramo Rev.Masumbuko na Chorale...
ADEPR Bibare ni imwe mu maparuwasi yamenyekanye cyane mu bikorwa bifite aho bihuriye no guhuriza abantu hamwe basenga. Ibi byabaye amateka adasanzwe kuva mu 1997 aho imbaga y’abantu yavaga imihanda...
View Article