Rwanda Revenue yatangije uburyo bw’ikoranabuhanga buzafasha abacuruzi...
Kuri uyu wa gatanu tariki ya 24/3/2017 ku kicaro gikuru cya Rwanda Revenue Authority habereye igikorwa cyo kumurikira abanyarwanda, by’umwihariko abikorera ku giti cyabo, inzego za Leta kimwe...
View ArticleSiloam Healing International church mu giterane cy’minsi ibiri yo kubohoka
Uwari upfuye arasohoka azingazingiwe mu myenda amaguru n’amaboko, n’igitambaro gipfutse mu maso he. Yesu arababwira ati “Nimumuhambure mumureke agende.” Yohana 11:44 Iyi niyo ntego iyoboye igiterane...
View ArticleADEPR: Ni kuki benshi banga kurya ibiryo biba byateguwe n’abadiyakoni...
Muri iki gihe, hari abantu bamaze gufata inzu y’Imana kimwe n’imirimo iyikorerwamo nk’umurima wabo bahingamo. Mu bihe byo ha mbere, wasangaga abanyetorero bagira urugwiro hagati yabo, bagasangira bike...
View ArticleMu gihe cya vuba, Korali Hoziyana n’andi makorali akomeye yo muri ADEPR...
Hashize imyaka 3 Itorero rya ADEPR rifunguye amatorero yanze y’u Rwanda. Iyi gahunda yatangiriye mu gihugu cya Uganda, itorero ryahafunguwe rikaba ryariswe ururembo rwa 6 rugizwe n’amatorero 20 akorera...
View ArticleBishop Rugagi yanenzwe bikomeye kwigereranya n’Umuhanuzi ELIYA wo muri...
Nyuma y’uko Bishop RUGAGI Innocent atanze itangazo ahamagaza abantu bahinyuza imbaraga ze ngo bazaze bajye ku Misozi no mu masitade kugira ngo abemeze ko imbaraga ze zishobora gukora ibitangaza abantu...
View ArticleUko Nzamwita Degaule yaburijemo umugambi w’inteko rusange wo kumweguza na...
Mu mpera z’icyumweru gishize nibwo hasojwe imirimo y’inama y’inteko rusange y’umupira w’amaguru mu Rwanda yaberaga i Rubavu kuri Hotel Belvedere. Iyi nama yabanjirijwe n’ikiswe Forum aho bamwe...
View ArticleKorali Bethifague ya ADEPR Cyahafi yasuye urwibutso rwa Gisozi, ihigira...
Uru ruzinduko rwa korali Bethifague yo muri Paruwasi ya ADEPR Cyahafi ku rwibutso rwa Gisozi ku inshuro yayo ya mbere yarukoze irangajwe imbere n’umuvugizi wa ADEPR Bish.Sibomana Jean rukaba rwabaye...
View ArticleIbimenyetso 6 byagufasha gutahura “ABAHANUZI B’IBINYOMA” bitagusabye kujya mu...
Ni kenshi abantu bagenda bagaragaza ko muri iki gihe Itorero ry’Imana ryamaze kwinjiramo “ABAHANUZI B’IBINYOMA” hari zimwe mu nkuru twagiye tubyandikaho. Uyu munsi, isange.com igiye kubagezaho...
View ArticleCentre Afrique: Imana yatwikirije abakristu igicu ibarinda amahindu...
Imana yatwikirije igicu Abakristo ibarinda amahindu, n’Abayisilamu bari babagabyeho igitero. Isabelle Goepp,21 Werurwe,2017 Mu cyumweru gishize ubwo Ibn Yakoobi n’abandi Bayisilamu b’abahezanguni...
View ArticleU Buhinde: Abanyarwanda batsinze amarushanwa yo gukora imodoka ikoresha...
Nubwo Kaminuza ya STES-Rwanda (Sinhgad Technical Education Society-Rwanda) iherereye mu Karere ka Kicukiro iri mu zahagaritswe by’agateganyo na Minisiteri y’Uburezi zitujuje ibyangombwa, abanyeshuri...
View ArticleHari abemeza ko kuvuga mu ndimi nshya byarangiranye n’igihe cy’Intumwa....
Nyuma yo kubona ko hari inyigisho zitandukanye abakristo batavugaho rumwe, ikinyamakuru cyanyu kiyemeje gushyiraho urupapuro twakwita urubuga rw’ibitekerezo, aho abasomyi bajya batanga ibitekerezo...
View ArticleKigali: Nyuma y’imyaka 22 Korali Bethel igiye gushyira ahagaragara umuzingo...
Korale Bethel ikorera umurimo w’Imana mu I torero rya EPR(Eglise Presypiterienne du Rwanda ) riherereye mu Kiyovu mu Mujyi wa Kigali, bateguye igiterane cy’ ivugabutumwa kizamara iminsi 2 akaba ari...
View ArticleKabuga:Aline Gahongayire,Tonzi,Diana Kamugisha ,Big Tonny n’abandi benshi...
Kuri iki cyumweru tariki ya 2 Mata 2017,hateguwe igitaramo gikomeye kizahuza abahanzi bakomeye mu njyana zo kuramya no guhimbaza Imana.Ni igitaramo kizabera ku cyicaro gikuru cy’itorero Baho...
View ArticlePrezida Kagame na Papa barangije iby’ingenzi. Ni aha Ministri Mushikiwabo...
Uko mbibona. Nihajyeho komisiyo zihuje leta ya vatikani n’iy’U Rwanda zicoce ibibazo. Mfata igikorwa cy’urugendo rwa Prezida Kagame I Vatikani kwa Papa n’imbabazi zasabwe n’uyu nk’itangiriro,...
View ArticlePasteri Muwanguzi warezwe gushimuta umukobwa no kumutambaho igitambo, yabuze...
Uganda: Nkuko tubitangarizwa na Morning Star News, Ku itariki ya 13, Werurwe uyu mwaka, nibwo Pasteri Tirinyi Muwanguzi wo mu gihugu cya Uganda,yagombaga kuburana n’umugabo w’umuyisilamu ko yashimuse...
View ArticleTop 5 y’abagome bavugwa muri Bibiliya
Djinzz, Etale Ta Culture. Herode Antipas. Uyu bamwe bajya bashaka kumwitiranya na Se nubwo nawe afite umwanya w’icyubahiro mu bugome- ibaze nawe umuntu wicishije abana be batatu- ariko ibyo aribyo...
View ArticleBurya ngo amabonekerwa ya “Mariya” anyuranyije n’ibiri mw’Ijambo ry’Imana.
Ibikubiye muri uyu mwandiko byavuye kuri “Eglise Baptiste du Centre”, 7 Rue Pierre Tarlich, Perpignan;bisohoka ku nyito yitwa. “Que penser des apparitions de la vierge Marie”. “Dore ingingo...
View ArticleKunga ubumwe no guhembuka kuri benshi nibyo byaranze igiterane cyiswe“Yesu...
Itorero Christian Life Evangelical Church (CLEC) mu igiterane cy’iminsi ibiri, giheruka kuba tariki ya 25 Werurwe kugeza kuwa 26 Werurwe 2017, wabaye umwanya wo kunga ubumwe no guhembuka kuri benshi....
View ArticleKorali Umurinzi ya CEP UR-CAVM inyotewe no kwagura ubwami bw’Imana
Korali umurinzi, ni imwe mu makorali abarizwa muri kaminuza y’u Rwanda ishami rya Busogo imaze imyaka itari mike ikora umurimo w’Imana, kandi ikaba ifite n’intumbero yo kwaguka mu murimo w’Imana haba...
View ArticleOlive Esther Murekatete yasigiwe kuba Bishop nyuma y’imyaka 7 y’urugamba
Kuri uyu wa gatandatu tariki ya mbere Mata, Pasiteri Olive Esther Murekatete yasutsweho amavuta bityo yitwa Bishop Olive Esther Murekatete, ibi bikaba byabaye nyuma y’imyaka isaga irindwi atangiye...
View Article