Quantcast
Channel: .::Urubuga rwa mbere rwa Gikristo::. Amakuru asesenguye.
Browsing all 2000 articles
Browse latest View live

Image may be NSFW.
Clik here to view.

Rwanda Revenue yatangije uburyo bw’ikoranabuhanga buzafasha abacuruzi...

Kuri uyu wa gatanu tariki ya 24/3/2017 ku kicaro gikuru cya Rwanda Revenue Authority habereye igikorwa cyo kumurikira abanyarwanda, by’umwihariko abikorera ku giti cyabo, inzego za Leta kimwe...

View Article


Image may be NSFW.
Clik here to view.

Siloam Healing International church mu giterane cy’minsi ibiri yo kubohoka

Uwari upfuye arasohoka azingazingiwe mu myenda amaguru n’amaboko, n’igitambaro gipfutse mu maso he. Yesu arababwira ati “Nimumuhambure mumureke agende.” Yohana 11:44 Iyi niyo ntego iyoboye igiterane...

View Article


ADEPR: Ni kuki benshi banga kurya ibiryo biba byateguwe n’abadiyakoni...

 Muri iki gihe, hari abantu bamaze gufata inzu y’Imana kimwe n’imirimo iyikorerwamo nk’umurima wabo bahingamo. Mu bihe byo ha mbere, wasangaga abanyetorero bagira urugwiro hagati yabo, bagasangira bike...

View Article

Image may be NSFW.
Clik here to view.

Mu gihe cya vuba, Korali Hoziyana n’andi makorali akomeye yo muri ADEPR...

Hashize imyaka 3 Itorero rya ADEPR rifunguye amatorero yanze y’u Rwanda. Iyi gahunda yatangiriye mu gihugu cya Uganda, itorero ryahafunguwe rikaba ryariswe ururembo rwa 6 rugizwe n’amatorero 20 akorera...

View Article

Image may be NSFW.
Clik here to view.

Bishop Rugagi yanenzwe bikomeye kwigereranya n’Umuhanuzi ELIYA wo muri...

Nyuma y’uko Bishop RUGAGI Innocent atanze itangazo ahamagaza abantu bahinyuza imbaraga ze  ngo bazaze bajye ku Misozi no mu masitade kugira ngo abemeze ko imbaraga ze zishobora gukora ibitangaza abantu...

View Article


Image may be NSFW.
Clik here to view.

Uko Nzamwita Degaule yaburijemo umugambi w’inteko rusange wo kumweguza na...

Mu mpera z’icyumweru gishize nibwo hasojwe imirimo y’inama y’inteko rusange y’umupira w’amaguru mu Rwanda yaberaga i Rubavu kuri Hotel Belvedere. Iyi nama yabanjirijwe n’ikiswe Forum aho bamwe...

View Article

Image may be NSFW.
Clik here to view.

Korali Bethifague ya ADEPR Cyahafi yasuye urwibutso rwa Gisozi, ihigira...

Uru ruzinduko rwa korali Bethifague yo muri  Paruwasi ya ADEPR Cyahafi ku rwibutso rwa Gisozi  ku inshuro  yayo ya mbere yarukoze irangajwe imbere n’umuvugizi wa ADEPR Bish.Sibomana Jean rukaba rwabaye...

View Article

Image may be NSFW.
Clik here to view.

Ibimenyetso 6 byagufasha gutahura “ABAHANUZI B’IBINYOMA” bitagusabye kujya mu...

Ni kenshi abantu bagenda bagaragaza ko muri iki gihe Itorero ry’Imana ryamaze kwinjiramo “ABAHANUZI B’IBINYOMA” hari zimwe mu nkuru twagiye tubyandikaho. Uyu munsi, isange.com igiye kubagezaho...

View Article


Centre Afrique: Imana yatwikirije abakristu igicu ibarinda amahindu...

Imana yatwikirije igicu Abakristo ibarinda amahindu, n’Abayisilamu bari babagabyeho igitero. Isabelle Goepp,21 Werurwe,2017 Mu cyumweru gishize ubwo  Ibn Yakoobi n’abandi Bayisilamu b’abahezanguni...

View Article


Image may be NSFW.
Clik here to view.

U Buhinde: Abanyarwanda batsinze amarushanwa yo gukora imodoka ikoresha...

Nubwo Kaminuza ya STES-Rwanda (Sinhgad Technical Education Society-Rwanda) iherereye mu Karere ka Kicukiro iri mu zahagaritswe by’agateganyo na Minisiteri y’Uburezi zitujuje ibyangombwa, abanyeshuri...

View Article

Hari abemeza ko kuvuga mu ndimi nshya byarangiranye n’igihe cy’Intumwa....

Nyuma yo kubona ko hari inyigisho zitandukanye abakristo batavugaho rumwe, ikinyamakuru cyanyu kiyemeje gushyiraho urupapuro twakwita urubuga rw’ibitekerezo, aho abasomyi bajya batanga ibitekerezo...

View Article

Image may be NSFW.
Clik here to view.

Kigali: Nyuma y’imyaka 22 Korali Bethel igiye gushyira ahagaragara umuzingo...

Korale Bethel ikorera umurimo w’Imana mu I torero rya  EPR(Eglise Presypiterienne du Rwanda )  riherereye mu Kiyovu mu Mujyi wa  Kigali,  bateguye igiterane cy’ ivugabutumwa kizamara iminsi 2 akaba ari...

View Article

Image may be NSFW.
Clik here to view.

Kabuga:Aline Gahongayire,Tonzi,Diana Kamugisha ,Big Tonny n’abandi benshi...

Kuri iki cyumweru tariki ya 2 Mata 2017,hateguwe igitaramo gikomeye kizahuza abahanzi bakomeye mu njyana zo kuramya no guhimbaza Imana.Ni igitaramo kizabera ku cyicaro gikuru cy’itorero Baho...

View Article


Prezida Kagame na Papa barangije iby’ingenzi. Ni aha Ministri Mushikiwabo...

  Uko mbibona. Nihajyeho komisiyo zihuje leta ya vatikani n’iy’U Rwanda zicoce ibibazo.  Mfata igikorwa cy’urugendo rwa Prezida Kagame I Vatikani kwa Papa  n’imbabazi zasabwe n’uyu nk’itangiriro,...

View Article

Pasteri Muwanguzi warezwe gushimuta umukobwa no kumutambaho igitambo, yabuze...

Uganda: Nkuko tubitangarizwa na Morning Star News,  Ku itariki ya 13, Werurwe uyu mwaka, nibwo Pasteri Tirinyi Muwanguzi wo mu gihugu cya Uganda,yagombaga kuburana  n’umugabo w’umuyisilamu ko yashimuse...

View Article


Top 5 y’abagome bavugwa muri Bibiliya

  Djinzz, Etale Ta Culture.   Herode Antipas. Uyu bamwe bajya bashaka kumwitiranya na Se nubwo nawe afite umwanya w’icyubahiro mu bugome- ibaze nawe umuntu wicishije abana be batatu- ariko ibyo aribyo...

View Article

Burya ngo amabonekerwa ya “Mariya” anyuranyije n’ibiri mw’Ijambo ry’Imana.

Ibikubiye muri uyu mwandiko byavuye kuri “Eglise Baptiste du Centre”, 7 Rue Pierre Tarlich, Perpignan;bisohoka ku nyito yitwa. “Que penser des apparitions de la vierge Marie”. “Dore ingingo...

View Article


Image may be NSFW.
Clik here to view.

Kunga ubumwe no guhembuka kuri benshi nibyo byaranze igiterane cyiswe“Yesu...

Itorero Christian Life Evangelical Church (CLEC) mu igiterane cy’iminsi ibiri, giheruka kuba tariki ya 25 Werurwe kugeza kuwa 26 Werurwe 2017, wabaye umwanya wo kunga ubumwe no guhembuka kuri benshi....

View Article

Korali Umurinzi ya CEP UR-CAVM inyotewe no kwagura ubwami bw’Imana

Korali umurinzi, ni imwe mu makorali abarizwa muri kaminuza y’u Rwanda ishami rya Busogo imaze imyaka itari mike ikora umurimo w’Imana, kandi ikaba ifite n’intumbero yo kwaguka mu murimo w’Imana haba...

View Article

Image may be NSFW.
Clik here to view.

Olive Esther Murekatete yasigiwe kuba Bishop nyuma y’imyaka 7 y’urugamba

Kuri uyu wa gatandatu tariki ya mbere Mata, Pasiteri Olive Esther Murekatete  yasutsweho amavuta bityo yitwa Bishop Olive Esther Murekatete, ibi bikaba byabaye nyuma y’imyaka isaga irindwi atangiye...

View Article
Browsing all 2000 articles
Browse latest View live


<script src="https://jsc.adskeeper.com/r/s/rssing.com.1596347.js" async> </script>