Nubwo bitari byoroshye ariko Imana yabanye n’Itsinda Amababa mu gihe...
Imyaka 10 irashize Group AMABABA ikora umurimo w’Imana. Ni urugendo rutari rworoshye bahuriyemo n’ibigusha n’ibigeragezo byinshi, ariko Imana yarahabaye ikomeza umukumbi wayo kugeza n’ubu, imyaka icumi...
View ArticleAbahanzikazi Diana Kamugisha na Pastor Rose bagiye gukora igitaramo...
Kuri iki cyumweru tariki ya 26 Ugushyingo 2017,i Kigali harabera igitaramo cyiswe ”Atmosphere of Healing Worship Concert” kigamije kubohora imitima y”abantu maze bakabohokera kuramya Imana byuzuye. Ni...
View ArticleU Bufaransa: Urubanza rw’ubujurire rwa Padiri Munyeshyaka rwimuriwe umwaka utaha
Urukiko rw’ubujurire rw’i Paris mu Bufaransa rwimuriye isuzuma ry’ikirego gishinja Padiri Munyeshyaka Wenceslas ku wa 30 Mutarama 2018. Byari biteganyijwe ko urukiko rutangira kumva ikirego...
View ArticleAbadepite bohereje Abadivantisiti b’i Gitwe gutakambira akanama k’itorero...
Mu Itorero ry’Abadiventisiti b’umunsi wa karindwi mu Rwanda hashize igihe kinini havugwa ibibazo by’akarengane kakorewe bamwe mu bari abakozi baryo bakomoka mu Ntara y’Amajyepfo biganjemo abakomoka i...
View ArticleNyuma y’indirimbo yakunzwe cyane “Hunga idini usange Yesu”Joshua Bagaza uba...
Umuhanzi w’umunyarwanda Joshua Bagaza uba mu gihugu cya Leta zunze Ubumwe za Amerika muri leta ya Virginia, akaba yaramenyekanye cyane mu ndirimbo ” Hunga Idini usange Yesu”, kuri ubu aratangaza ko...
View ArticleKigali:Amakorari ntayegayezwa muri ADEPR azitabira igiterane gikomeye...
Ni igiterane cyateguwe na korali Yakini ya ADEPR Kicukiro Shell kubufatanye n’ubuyobozi bw’umudugudu w’icyicaro cy”iyi Paruwasi kikazatangira kuri uyu wa gatatu tariki ya 8 Ukwakira 2017 kigasozwa ku...
View ArticleBeauty For Ashes batangiriye i Huye gahunda yo kuzenguruka igihugu mu...
Itsinda Beauty For Ashes rikora umuziki wo kuramya no guhimbaza Imana mu njyana ya Rock ryatangiriye mu karere ka Huye ibitaramo byo kuzenguruka u Rwanda mu rwego rwo kumurika album yabo nshya bise...
View ArticleHarabura amasaha abarirwa ku ntoki ngo Zaza wamamaye mu ndirimbo zihimbaza...
Mokhethi wamenyekanye ku izina rya Zaza, Umuhanzi mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana ukomoka muri Afurika y’Epfo, wageze I Kigali kuri uyu wa Gatanu, harabura amasaha abarirwa ku ntoki nto...
View ArticleNdashimira John Mugabo n'”Ubwiru kirimbuzi” kuko bwanganishije ku kongera...
Ndashimira John Mugabo n’”Ubwiru kirimbuzi” kuko bwanganishije ku kwemera Kristo kurusha mbere. Hashize iminsi itari mike hatangiye kumvikana kuri Hot FM ikiganiro , cy’umugabo witwa John Mugabo, icyo...
View ArticleIbyo Intumwa Mutabazi avuga tubyite “Ubutumwa Bwiza Bw’Imana bwandikiwe...
Ibyo Intumwa Mutabazi avuga, tubyite Ubutumwa Bwiza bw’Imana uko Bwandikiwe Abacuruzi cyangwa Ubutumwa Bwiza bwa Mutabazi uko Bwandikiwe Abacuruzi? Uyu mwandiko ukurikiwe n’undi wa kabiri biri mu mujyo...
View ArticleIgice cya Kabiri, Ese Ibyo Intumwa Mutabazi avuga tubyite : Ubutumwa Bwiza...
Igice cya kabiri: Ese Ibyo Intumwa Mutabazi avuga tubyite Ubutumwa Bwiza Bw’Imana uko Bwandikiwe Abacuruzi” cyangwa Ubutumwa Bwiza Bwa Mutabazi Uko Bwandikiwe Abacuruzi.” Mu mwandiko ubanziriza uyu,...
View ArticleBishop Poda yimitswe n”umunyamerika Apostle Banks aba Apotre mu muhango...
Kuri iki cyumweru tariki ya 12 Ukwakira 2017 nibwo Umushumba mukuru w”amatorero ya Worship Centre yimitswe ku mugaragaro ku rwego rw”intumwa(Apotre).Ni umuhango witabiriwe nabantu benshi cyane...
View ArticleUrukiko rwasabwe gutesha agaciro ikirego cya Musenyeri Ntihinyurwa,uregwa...
Umwunganizi w’Umushumba wa Arkidiyosezi ya Kigali, Musenyeri Ntihinyurwa Thaddée, warezwe mu Rukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge ashinjwa kugira uruhare mu guca umuco gakondo mu Rwanda; yasabye ko ikirego...
View ArticleUmunyamerika Doctor Gary Cote yasuye umuryango wa nyakwigendera Rev. Nsonera...
Umuvugabutumwa akaba mwarimu mu ishuri rya Bibiliya muri leta zunze ubumwe za Amerika Doctor Gary Cote amaze icyumweru mu Rwanda muruzinduko ry’ivugabutumwa Nk’uko yabitangarije isange.com akigera mu...
View ArticleKorali Rehoboth yashyize ahagaragara indirimbo “TURI ABAMI”_Yumve hano.
Korali Rehoboth ya ADEPR Rukili 2, yamenyekanye ku ndirimbo “NTIYARYAMA TWASHIRA”, mu gihe yitegura kwizihiza isabukuru y’imyaka 20 itangiye umurimo w’ivugabutumwa mu ndirimbo, yashyize ahagaragara...
View ArticleKigali: Abana bari mu biruhuko bagiye kwigishwa amasomo ya Muzika azabungura...
David’s Temple Music School ni ishuli rya muzika rifite umwihariko wo kwigisha abana gucuranga ibikoresho bya muzika mu gihe cy’ibiruhuko birimo Piano, Guitar n’ingoma (Drums). Iri shuli rifite...
View ArticleProtected: Ubuhamya, amashimwe no kubohoka nibyo byaranze igiterane cyateguwe...
This content is password protected. To view it please enter your password below: Password:
View ArticleKorali Philadelphie yarerewemo benshi mu bakomeye muri ADEPR ikomeje kuba...
Korali Philadelphie ikomeje urugamba rwo gukumbuza benshi ijuru ikomeje kuba indashyikirwa mu murimo. Nyuma yo kuba yaragiye yibaruka benshi mu bavugabutumwa bakomeye mu itorero rya ADEPR, ikomeje...
View ArticleLeta irishimira ubufatanye n’amadini mu guhashya ibibazo byugarije umuryango...
Ubwo hizihizwaga isabukuru y’imyaka 500, Martin Luther atangije urugendo rwo kwiyomora kuri kiliziya gatulika, Leta yongeye gushimangira uruhare rw’amadini n’amatorero mu guhashya ibibazo byugarije...
View ArticleImyaka 500 y’Amavugururwa y’itorero ku isi mu mboni ya Pastor Joseph...
Ndabanza kwisegura ku basomyi nshimangira ko iyi nyandiko nta mugambi ifite yo guserereza uwari we wese, ni umusanzu wanjye muri iki gihe ibihugu byose byibuka 500 aya mavugururwa abayeho. Si byiza...
View Article