Uwatanze ikiganiro kuri KT Radio ku cyumweru guhera saa mbili, avuga ku...
Ku cyumweru cyo kuwa 09/10/2016 hagati ya saa mbili na saa tatu za mu gitondo kuri KT Radio habaye ikiganiro kivuga kubyo gukiranuka, n’izindi ngingo zitandukanye, ariko mu by’ukuri njye icyo nari...
View ArticleHilltop Hotel igiye gutanga promotions zidasanzwe mu mpera z’umwaka....
Ntibisanzwe! Abantu benshi bagira ikibazo cyo gukodesha ama salle y’ubukwe ahenze kandi ari ku rwego mpuzamahanga. Iki ntikiri ikibazo kuko HillTop Hoteli iri i Remera mu giporoso yazanye Salle iri ku...
View ArticleADEPR: Abapasiteri b’abarakare bagiye kurega Abayobozi, bamennye amavuta mu...
Abo ni Kizigenza Uwabimfura Modeste, Mitsindo Gracien na Kayitare Vedaste ndetse na Kalisimbi, baherutse kwandikira inzego za Leta zirimo RGB, Sena ndetse na Ministri w’Intebe basaba ko ubuyobozi bwa...
View ArticleKiliziya: Hakozwe iki kugira ngo harenganurwe Nyakwigendera Padiri Muvara...
Twabikuye mu gitabo ” Rwanda:” l’honneur perdu de l’Eglise”, kiri muri “Les Dossiers de Golias”, za Editions Golias. Nyakwigendera Padiri Felicien Muvara, ni umwe mu Bapadiri babayeho mu ri iki gihugu,...
View ArticleUmugore wo muri Siriya yizeye yesu amaze kugira inzozi zimeze kimwe inshuro 6
Byavuye muri Info chretienne, Umugore wo muri Siriya yagize inzozi zimeze kimwe inshuro 6, Umuntu w’Umugabo amubwira ko hari abagabo bagiye kuzaza kumureba aho iwe. Muri iki gihe intambara ikajije...
View ArticleUmugabo w’imyaka 68 yarongoye umwuzukuru we w’imyaka 24!
Jim Denison, Charisma news. Muri Floride , Umugabo w’Imyaka 68 yari kumwe n’umugore we w’imyaka 24, bari bamaze amezi atatu bashakanye’ bareba amafoto muri Album. Nyamugire agiye gukubitwa n’inkuba...
View ArticleGroove Award: Mike Karangwa yasangije imvamutima zuje inararibonye abahanzi...
Mu ijoro ryo kuri icyi cyumweru tariki ya 16 Ukwakira 2016, ubwo hashyirwaga ahagaragara abazahatanira ibihembo mu irushanwa Groove Awards ku nshuro ya kane,umunyamakuru Mike Karangwa yavuze ko Gospel...
View ArticleAdventist: Itsinda Truth Friend Family rigiye gutaramira abanyeshuli bo muri...
Itsinda ryitwa Truth Friends Family ribarizwa i Ruhande riritegura igitaramo gikomey mu mpera z’uku kwezi kwa cumi. Mu ntara y’amajyepfo ahazwi cyane nk’i Ruhande mu karere ka Huye muri Kaminuza y’u...
View ArticleIkiganirompaka hagati y’Abanyabuntu n’umuhanga mu bya Tewolojiya.
Nyuma y’uko kuwa 09/10/2016 kuri KT RAdo hatambukiye ikiganiro kinenga kivuye inyuma abayobozi b’Amadini ko bacuza abayoboke babo ibyabo bitwaje bitwaje ICYACUMI bikabera ukibahaye icyaha ndetse ngo...
View ArticleBurya gusura bigira icyo bimarira ubuzima bwacu bwa buri munsi
Gusura ni ibintu bisanzwe mu buzima bwacu bwa buri munsi ndetse binafite icyo bimarira ubuzima bwacu. Niba utarabagwa ariko wigeze wumva uwabazwe. Nta kintu aba yemerewe gufata mu gihe atarasura. Niba...
View ArticleIntumwa Serukiza Sosthene agiye kumurika igitabo gikubiyemo inzitizi 4...
Iki gikorwa giteganyijwe mu gitaramo kizabera ku Gisozi aho itorero Apotre Sosthene asanzwe ayobora ribarizwa ahazwi ku izina rya Gakinjiro ka Gisozi, kuri iki cyumweru tariki 23 Ukwakira 2016,...
View ArticleKutavuga rumwe ku ihame rya Big Bang,ubuhakanamana bw’ikinyagihumbi
Ni mu nyandiko ya Wayne Jackson yahaye umutwe w’amagambo ugira uti:”The Big Bang Theory vs. God’s Word” ugenekereje ni ukuvuga ngo ihame rya Big Bang mu ntambara ikaze n’ijambo ry’Imana. Aha muri iyi...
View ArticleKurikirana ubuhamya bwa Mariyamu w’i Kabera wamaze imyaka 24 atarya, atanywa!
Ubu buhamya mugiye gukurikirana ni ubwa nyakwigendera Mama Mariamu KINYAMARURA wari Utuye i KABERA Mu majyepfo ya KONGO Aho benshi bazi ku kazina k’i MURENGE. Ubu buhamya tukaba tubukesha Umwe mu...
View ArticleUbuhamya: “666” Ibimenyetso simusiga bigaragaza ko Antikristo yatangiye umurimo!
Antikristo yatangiye umurimo.(2 Abates2:7) Impande ebyiri zishyamiranye hano ku isi zigeze kure zitoranya (Recruitment phase) zikusanya kandi zitoza ingabo zazo mu rugamba rwatangiye kandi rugiye...
View ArticleScott C Waring avuga ko yabonye icyogajuru cy’abatuye ku yindi mibumbe yo mu...
Scott C. Waring, ni umwe mu bahanga bajya bajya mw’isanzure bakamarayo iminsi bakora ubushakashatsi bari mu byogajuru. Muri ubu buhamya bwe , aratubwira ukuntu aherutse kubona icyogajuru gifite...
View ArticleKigali:Elim worship Team,Gilgal choir,Alexis Dusabe,Pastor Desire Habyarimana...
Elim Worship Team,itsinda rishinzwe kuramya no guhimbaza Imana mu muryango w’abanyeshuri b’abapentekote muri kaminuza y’u Rwanda ishami rya Nyarugenge(CEP UR Nyarugenge) rigiye gukora igitaramo...
View ArticleMu kiganiro cye cya nyuma, Umwami Ndahindurwa Kigeli V yavuze ko yinjiye mu...
Mu kiganiro cya nyuma yagiranye n’itangazamakuru, Umwami kigeri V Ndahindurwa avuga ko yashimishijwe no kujya kureba imva ya Yesu aho yashaka kwinjiramo bikamwangira agahitamo gupfukama agendesha...
View ArticleGaby Irene Kamanzi yiyongereye ku rutonde rw’abazahabwa ibihembo bya Sifa...
Umuhanzikazi Gaby Irene yiyongereye ku rutonde rw’abantu bazahabwa ibihembo bya Sifa Rewards 2016 bitangwa na Isange Corporation bigahabwa abantu bakoze ibikorwa by’indashyikirwa mu gisata...
View ArticleDr.KIGABO Thomas arasesengura ibyo “Kwizera kubeshaho”
Heb.10:38 – 11:1 “Ariko umukiranutsi wanjye azabeshwaho no kwizera. Nyamara ni asubira inyuma, umutima wanjye ntuzamwishimira.” Ariko twebweho ntidufite gusubira inyuma ngo turimbuke, ahubwo dufite...
View Article