Gisubizo na Rehoboth Ministries bagiye kwifatanya na Upend choir mu gitaramo...
Korali Upendo ikorera umurimo w’Imana mu itorero EENR rya Kimisagara yateguye igitaramo cyo kuramya no guhimbaza Imana aho izaba iri kumwe na Gisubizo Ministries ndetse na Rehoboth Ministries,ni Kuri...
View ArticleADEPR Gatenga: Bagiye kumara iminsi 7 mu giterane cy’amasengesho kizitabirwa...
Kuri iki cyumweru tariki ya 2 Ukwakira 2016 ku mudugudu wa ADEPR Gatenga, haratangira igiterane cy’amasengesho arimo kizamara iminsi 7. Iki giterane ni kimwe mu bigiy guhuza amakorari akomeye hano...
View ArticleAmahano: Muri USA, Barasambanya imbwa, ihene n’amafarasi.
Agahomamunwa: Byemewe n’amateko mu bihugu bimwe na bimwe. Jennifer LeClaire ati: “Kuryamana n’inyamaswa ni ishyano, ndumirwa cyane iyo mbonye mubice bimwe na bimwe byo muri Leta zunze Ubumwe...
View ArticleAntoine: Yihinduje igitsina, amaze kwakira Yesu ajya gusubizaho icyo...
Kuva mu bwana bwe Antoine yakomeje guhura n’imibabaro, amaze gupfusha, Se mu gihe yari afite imyaka 4, Antoine wakuriye muri Liban igihugu cyari cyuzuye intambara, yakoreshejwe imibonano mpuzabitsina...
View ArticleUSA: Amatorero yose y’Abapantekote n’abavutse ubwa kabiri bahagurukiye...
Kuva mu mpera z’icyumweru gishize, amatorero y’abavutse ubwa kabiri agendera ku myemerere ya Gipantekote muri Amerika, yakoraniye gushyigikira Umukandida wiyamamariza kuba Parezida ari we Donald...
View ArticleAbakozi ba Serena Hotel bashinzwe ibyumba baratabaza kubera ubusambanyi...
Bamwe mu bapasiteri bacumbikirwa muri Kigali Serena Hotel bakomeje kugaragarwaho n’imyitwarire igayitse. Ibi, byemezwa na bamwe mu bakozi baganiriye na isange.com bayiha amakuru mpamo y’ubusambanyi...
View ArticleKorowani: Igitabo gifite umwimerere urinzwe bikomeye. Bibiliya, igitabo...
Kuva mu binyejana bisaga 14, igitabo cy’ikorowani cyagiye gisigasigwa bikomeye ku buryo inyandiko zacyo z’umwimerere zitigeze zihindurwa nk’uko tubibona kuri Bibiliya yo muri iki gihe. Bibiliya, ni...
View ArticleIbiganiro-mpaka hagati y’abayisilamu n’abakristo hari abo bigusha.
Ibiganiro -mpaka hagati y’Abayisilamu n’Abakristo , bigira mumaro ki ?( Ku Bakristo) Muri iki cyumweru gishize nibwo numvise mu kiganiro cyari kuri Radio kiyobowe na Ngarambe, bavuga ko hari...
View ArticleMu matorero basaba abakristo babo gukata kontake bakatsa imodoka...
Ibi sinjye ubivuga, Bibaye nk’inshuro ebyiri numva ikiganiro kibera kuri imwe mu madariyo ya hano mu Rwanda, icyo mperuka kikaba cyarabaye ku itariki ya 28 Nzeri mu masaha ya nijoro.(Mu ma Saa Mbili na...
View Article275 barangije mu ishuli ry’abahanuzi rya ADEPR, biyemeje guhangana n’abiyita...
Nyuma yo kumara igihe kingana n’amezi 6 yose bicaye ku ntebe y’Ishuli ry’Ubuhanuzi ryatangijwe n’Itorero rya ADEPR mu mwaka wa 2015, abanyeshuli bagera kuri 275 bahawe impamyabumenyi zibemerera gukora...
View ArticleUbwongereza: Hari icyoba cy’uko Abakristo bagiye kuba ba nyamucye.
Muri iki gihe mirongo itanu n’umwe ku ijana, 51/100 gusa mu baturage bo mu Bwongereza nibo bahamya ko ari Abakristo. Ni ukuvuga ko hagabanyutseho umubare w’abakristo batanu ku ijana(5/100) kuva muri...
View ArticlePerezida Kagame yakiriye indahiro z’abagize guverinoma bashya.
Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, yakiriye indahiro z’abaminisitiri bagize guverinoma bashya n’abandi bayobozi bakuru ba Leta kuri uyu wa 6 Ukwakira 2016. Mu ijambo ijambo rye, Kagame yashimiye...
View ArticleUmusilamukazi yazutse nyuma y’iminsi 2 ari muri Moruge ahita aba umukristokazi!
Iyi nkuru yamenyekanishijwe na Steeve Rees , umunyamakuru muri assistnews.net Umuyisilamukazi wari watangajwe ko yapfuye yongeye kuba muzima aha ubuhamya abo mu idini rye. “Umubiri wa Sabrina wari...
View ArticleElena wemeza ko yari “Umugore wa Satani” yahishuye uburyo yatandukanye nawe ,...
Igice cya mbere. Ubuhamya: Uburyo Elena wari umugore wa Satani yaje kwitandukanya nawe. Hitamo gukorera Nyiri ububasha bwose (Almighty God) Uyu munsi nifuje kuvuga ku gice gito cy’ubuhamya bwa...
View Article“Gutanga icya cumi ni icyaha, kujya mu rusengero nacyo ni icyaha”...
Nyuma y’inkuru 2 tumaze kubagezaho zose zivuga ku myizere n’imyigishirize y’abanyabuntu ku ngingo zitandukanye, uyu munsi isange.com yifuje kubagezaho ubusesenguzi bwakozwe n’umunyamakuru wa KT Radio...
View ArticleADEPR Bibare yateguye igiterane cy’ububyutse
Itorero rya ADEPR Bibare ryateguye igiterane gikomeye cy’ububyutse ku rusengero ruherereye mu Bibare kizitabirwa n’abakozi b’Imana bakomeye hamwe na Korali Elayono izaturuka mu kuri ADEPR Paruwasi ya...
View ArticleUpendo Choir yakoze igitaramo kitazibagirana kuko cyari cyuje ubwuzu
Nyuma y’igihe kitari gito bitegura iki gitaramo ‘Upendo Choir’, abagize Upendo Choir kuri iki tariki 02 Ukwakira 2016 bakoze igitaramo kidasanzwe cyabereye mu itorero rya Fourscare church riherereye...
View ArticleAgaseke kiswe « Mana Ndaje» kumuzingo w’ indirimbo za Injili Bora karashyira...
Korali Injili Bora ibarizwa mu itorero rya Eglise Presbyterienne Au Rwanda-EPR izamurika album yayo ya 3 yamajwi ndetse niyamashusho yabo ya 2, iyamajwi bakaba barayise yise « MANA NDAJE » ibi...
View ArticleDore izindi “Nzererezi” zikomeye Apotre Masasu yibagiwe gutunga agatoki nyuma...
Uyu munsi uwavuga ko hari abahanzi benshi bafite imitima ibyimbijwe n’uko Apotre MASASU yakanze atababaririye ikibyimba kimaze igihe ku bahanzi benshi ntiyaba akabije. “Kwigenga” mu matorero yabo...
View ArticlePapa Francis ababajwe n’ababikira babiri b’abatinganyi biyemeje kubana...
Amakuru aravuga ko Papa atewe agahinda n’ababikitra babiri b’abatinganyi biyemeje gukora ubukwe bavuga ko urukundo rwabo ari impano y’Imana. “Mbega agahinda nabonanye Papa maze kumusomera inkuru y’aba...
View Article