U Bwongereza: Abayahudi bibutse Jenoside yakorewe Abatutsi
Abayahudi baba mu Bwongereza, ku cyumweru bahuriye mu mujyi wa London bibuka ku nshuro ya 22 Jenoside yakorewe Abatutsi. Muri icyo gikorwa cyateguwe n’imiryango itegamiye kuri Leta y’Abayahudi, abasaga...
View ArticleMusenyeri Habiyambere arasaba abazi aho imibiri y’abazize Jenoside...
Musenyeri wa Diyosezi gatolika ya Nyundo, Alexis Habiyambere, arasaba abakirisitu n’abaturage bo ku Nyundo, gukumira ingengabitekerezo ya Jenoside kandi bagatanga amakuru y’ahaba hakiri imibiri...
View ArticleBugesera: Agape Ministry yubakiye inzu ya miliyoni 5 umupfakazi w’incike ya...
Agape Ministry yubakiye inzu ya miliyoni 5 umupfakazi wasizwe iheruheru na Jenoside yakorewe abatutsi muri Mata, 1994. Kuri uyu wa gagatandatu, taliki ya 09/04/2016, Umuryango w’ivugabutumwa kandi...
View Article“Kwifata nkaho wavukiye ku bibero bya Bikiramariya abandi munsi y’ibirenge...
Perezida wa komisiyo y’amatora avuga ko Ukwishyira hejuru bakumva ko aribo bafite agaciro nk’aho bavukiye mu bibero bya Bikiramariya kwa bamwe mu banyarwanda mbere ya Jenoside bakumvako abandi bari...
View ArticleKuki uvangura abakirisitu atavangura n’amaturo batuye?- Pastor Bucyeye
Pasiteri Bucyeye Coleb yemeza ko uwigisha ijambo ry’Imana afite ingengabitekerezo ya Jenoside adakwiye kwakira amaturo y’abo yavanguye. Abivuze mu gihe abanyarwanda bakomeje kwibuka ababo bazize...
View ArticleKorali Bethlehem Mbere yuko ihaguruka kubutaka bw’ u Rwanda yerekeza muri Kenya.
Ntibisazwe kuko ubu usiagaye usanga amakorali abarizwa mu matorero atandukanye asa naho yahagurukiye gukora umurimo w’ ivugabutumwa hirya no hino mu bihugu byo ha nze y’urwanda, kuri ubu rero Korali...
View Article“Reba Video” y’ indirimbo ya Korali Abahetsi ADEPR Remera ikomeje kubaka...
Korali Abahetsi ni Korari ibarizwa mu itorero rya ADEPR Remera Paruwasi ya Remera aho iherutse no gushyira indirimbo zabo hanze “DVD”, iyi ndirimbo bise ” Nikigituma Wiheba” n’ imwe muzagiye...
View ArticleByemejwe ko Umuyobozi wa Anglican ku Isi, uwo yitaga se atariwe
Nyuma y’ibizamini bipimwa kwa muganga by’uturemangingo tugaragaza amasano hagati y’umuntu n’undi, byagaragaje ko Musenyeri Justin Welby abyarwa na Anthony Montague Browne, wigeze kuba Umunyamabanga wa...
View ArticleRRA: Hibutswe abahoze ari abakozi bayo bazize Jenoside yakorewe abatutsi.
Abakozi b’ikigo cy’igihugu gishinzwe imisoro n’amahoro bafatanyije n’abakomisiyo y’igihugu y’amatora n’abo mu bugenzuzi bukuru bw’imari ya Leta bifatanyije mu gikorwa cyo kwibuka ku nshuro ya 22...
View ArticleKu bufatanye bwa Ministeri y’Ubucuruzi n’Inganda na RRA, abasora 4,000 bagiye...
Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Imisoro n’Amahoro, RRA, na Minisiteri y’Ubucuruzi n’Inganda bigiye korohereza abacuruzi batarabona akuma gatanga inyemezabuguzi, EBM, bakabone ku nguzanyo y’igihe kirekire...
View ArticlePapa Francis yagiye kwifatanya n’abimukira bari mukaga
Umushumba wa kiliziya Gatolika Papa Francis yagiriye uruzinduko I Lesbos mu bugereki ahari ikigo kimeze nka gereza gicumbikiwemo abimukira bajya ku mugabane w’uburayi mu rwego rwo kwifatanya nabo....
View ArticlePapa Francis yavanye abimukira 12 mu nkambi
Asoza uruzinduko Rwe, umushumba wa kiliziya gatolika Papa Francis yavanye abanya Syria 12 bari bamwe mu bari bacumbikiwe Lesbos. Mu bo yajyanye harimo Imiryango itatu, irimwo abana batandatu, yose...
View ArticleUmushumba w’Anglican ku Isi ati “gucira urubanza abatinganyi ni ikosa” Mugabe...
Umushumba w’itorero ry’anglican ku Isi Musenyeri Justin Welby yavuze ko gucira urubanza abakora imibonano mpuzabitsina n’abo babihuje ari ikosa Perezida Mugabe wa Zimbabwe we arabirwanya yivuye...
View ArticlePatient Bizimana yanze guhara miliyoni 10 zaburiwe irengero mu gitaramo cye
Umuhanzi ururimba indirimbo zihimbaza Imana, Patient Bizimana, aratangaza ko nyuma y’aho bamwibiye amafaranga miliyoni 10 ubwo yakoreshaga igitaramo atabyihoreye ahubwo ko ari kuyakurikirana. Tariki 27...
View ArticleMercy Ministries yakoze umugoroba wo kwibuka no guhumuriza abasigiwe...
Uyu mugoroba wabaye kuri iki cyumweru tariki ya 17 Mata 2016 ukaba warabaye mu rwego rwo guhumuriza abafite ibikomere basigiwe na Jenoside. Uyu mugoroba watekerejwe nyuma y’amahugurwa y’isanamitima...
View ArticleKorali Bethfage igiye kwerekeza muri D R Congo.
Korali Bethfage ibarizwa mu itorero rya ADEPR Paruwasi ya Bethfage ku mudugudu wa Bethfage, bikaba biteganyijwe ko kuri iki cyumweru aribwo izerekeza Mu gihugu cya DRCongo mu itorero ryaho rya CEPAC I...
View ArticleUmuririmbyi wa Korali Rehoboth yitabye Imana
Nabigazi Aline umwe mu baririmbyi ba Rehoboth Ministries yitabye Imana azize indwara itaramenyekana, yaguye mu Bitaro bya Aga Khan muri Kenya. Uyu muririmbyi yapfuye ku gicamunsi cyo kuri uyu wa...
View ArticleRuvabu:Imiryago yavuye Tanzania na Gishwati yagenewe inkunga ya Miliyoni...
Abagore bo mu itorero ZION TEMPLE ryo mu Karere ka Rubavu barashimirwa ivugabutumwa riherekejwe n’ibikorwa bakomeje kugaragariza abatishoboye. Ni nyuma y’igikorwa aba bagore bakoze cyo kuremera...
View ArticleVolley Ball: RRA VC ngo yiteguye kuzavana i Tunis umwanya mwiza
Muri Shampiona y’umukino wa Volley Ball mu bagore, ikipi y’Ikigo cy’Imisoro n’Amahoro RRA VC isigaje amasaha make ngo yerekeze muri Tuniziya aho igiye kwitabira imikino nyafurika ihuza amakipe yabaye...
View ArticleIkurwaho ry’akanyafu ku banyeshuli ngo ryishe uburezi!
Ababyeyi baragaragaza ko mu gihe abana babo boherejwe ku ishuri, umwarimu adakwiye kwiyambura inshingano zo kumuhana akaba yamucishaho akanyafu nubwo bisigaye bifatwa nko kubangamira uburenganzira...
View Article